Umuhanzi Belgine yibwe ‘Email’ iteza benshi urujijo
{Umuhanzi Belgine, uririmbana na Elion Victory mu itsinda rya New Collaboration, aratangaza ko atazi ukuntu yibwe Email ye ikoherereza abantu kuri ubutumwa buvuga ko yagiye muri Espanye akibirwayo ibintu byose; bityo akaba asaba ko bamuguriza amafaranga miliyoni imwe n’ibihumbi Magana atandatu y’Amanyarwanda ngo kuko ari mu bibazo.} Avuga kuri ubu butumwa bwatangiye gucicikana kuri uyu […]