Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Abanyeshuri bigaga muri Libiya bagiye gusubirayo
{Abanyeshuri b’abanyarwanda 19 bari barakuwe muri Libiya bitewe n’intambara yo kurwanya ubutegetsi bwa Kaddafi yari iriyo, ubu bamaze guhamagarwa n’ishuri ryabo, kugira ngo bakomeza amasomo.} Nk’uko babitangarije New Times dukesha iyi nkuru, aba banyeshuri barashimira guverinoma y’u Rwanda yabakuye muri Libya aho bari bafite umutekano muke kubera imidugararo, ubu bakaba bayisaba no kubafasha gusubira ku […]
Impeta ya miliyoni 70 z’amadorari yageze ku isoko
{Nk’uko dusanzwe duha ijambo abasomyi ba IGIHE, uyu munsi twahaye umwanya uwitwa Jean Bosco Mutibagirana wifuje kutugezaho inkuru y’impeta ifite agaciro ka miliyoni 70 z’amadorali yageze ku isoko.} { {{U Busuwisi:}} } {Impeta ikoze muri diyama ifite agaciro k’amadorari agera kuri miliyoni 70 z’Amerika yageze ku isoko.} Urubuga rwa internet amog.com ruvuga ko iyi mpeta […]
Biography
{Umuhanzi Athnase Sentore yavutse mu mwaka w’1934. Se umubyara yari Umutware w’i Nyaruguru witwaga Munzenze.} Ubuzima bwe bwaranzwe no kwitangira umuco nyarwanda awutoza abikiri bato, urungano rwe ndetse n’abari bamukuriye. Yabaye intore by’igihe kirekire ndetse yari azwiho ubuhanga mu gucurangisha inanga. Mu myaka ya za 1950 ku ngoma y’Umwami Mutara III Rudahigwa, Sentore yabarizwaga mu […]
ISPG:Abanyeshuri bo mu ishami ry’Ubuforomo biruhukije
{Tariki ya 22 na 23 Werurwe Minisitiri w’Intebe Dr. Pierre Damien Habumuremyi ari kumwe na Minisitiri w’ubuzima Dr. Agnes Binagwaho ubwo bari bitabye Inteko Ishingamategeko umutwe wa senat n’uw’abadepite batangarije iyo nteko n’Abanyarwanda bose ko Intenganyanyigisho y’Ishuri Rikuru rya ISPG n’impamyabushobozi zaryo zirimo n’izishami ry’ubuforomo zemewe na Guverinoma y’u Rwanda.} Nk’uko bikubiye mu byemezo bibiri […]
Batawe muri yombi bakurikiranyweho gukora amafaranga y’amahimbano
{Abagabo batatu batawe muri yombi na polisi y’igihugu bakurikiranyweho kwigana no gukwirakwiza amafaranga y’amahimbano.} Ikinyamakuru ‘The New times’ dukesha iyi nkuru gitangaza babiri muri aba bagabo ari umuhungu na Se batuye Ryabitana mu Kagari ka Gihinga Umurenge wa Gacurabwenge Akarere ka Kamonyi ari naho bafatatiwe bafite amafaranga y’amahimbano ibihumbi 285 y’iza bitanu. Kuri ubu aba […]
“Ubushakashatsi nibwo bwakerekana ko ubugizi bwa nabi buriho buturuka ku ngaruka za jenoside”
{Hashize igihe kitari gito hakorwa ibyaha bishingiye ku mutekano mucye. Ubushakashatsi bukaba aribwo bwonyine ngo bwakerekana ko ubu bugizi bwa nabi bwiganjemo ubwicanyi buturuka kungaruka za jenoside yakorewe abatutsi y’1994 nk’uko Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu Supt Theos Badege abivuga. } Asubiza Umunyamakuru wari umubabjije niba ubwicanyi bwa hato na hato bukomeje kugenda bugaragara hirya no […]