Zula Karuhimbi warokoye Abatutsi muri Jenoside yitabye Imana
Zula Karuhimbi wamenyekanye kubera kwitangira kurokora Abatutsi bahigwaga muri Jenoside yo mu 1994, yitabye Imana azize uburwayi.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Zula Karuhimbi wamenyekanye kubera kwitangira kurokora Abatutsi bahigwaga muri Jenoside yo mu 1994, yitabye Imana azize uburwayi.
Nyuma y’iminsi mike Noeline Narubega, uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Isimbi Noeline, atangaje inkuru ko yajyanywe muri Finland mu byo yise ubucuruzi bw’abantu bwakorewe mu masezerano y’ugushyingirwa mu buryo bw’uburiganya; yifashishije imbuga nkoranyambaga avuga ko ahohoterwa n’abantu batandukanye iyo ageze mu ruhame.
Sosiyete yo muri Oman ikora ubwikorezi bwo mu kirere, SalamAir yatangaje Mitravi nk’ikigo kizaba kiyihagarariye mu Rwanda cyane cyane mu bijyanye no kugurisha amatike y’indege.
John Bunyeshuri washinze Kigali Fashion Week yatangaje ko yamaze gusesa amasezerano yari afitanye na LG Events, sosiyete yo muri Uganda yari yarahawe uburenganzira bwo gutegura ibi birori byo kumurika imideli.
Motorola yashyize hanze Razr Fold, smartphone yayo ya mbere ikunjwa nk’igitabo, mu gihe ishaka guhangana na Samsung imaze imyaka myinshi iyoboye isoko rya telefoni zikunjwa, cyane cyane Galaxy Fold.
Umwe mu banyamategeko barindwi bunganira Dr. Eugène Rwamucyo mu rubanza rw’ubujurire ruri kuburanishwa n’Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa, Me Siari Michèle, yashwanye n’umucamanza uruyoboye bapfa ibaruwa ikubiyemo ubuhamya.
Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, Sébastien Lecornu yatangaje ko abantu 40 bamaze gupfa barohamye kuva ku wa 18 Kamena, kubera kujya koga mu mazi magari mu gihe u Burayi bwugarijwe n’ubushyuhe bukabije.
Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade wabaye Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yagaragarije Urukiko Rukuru ko yarusabye gufungurwa by’agateganyo kubera uburwayi bw’umugongo, impyiko n’umutima.
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, bwatangaje ko icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa Bundibugyo ari cyo cyagaragayemo abantu benshi byemejwe ko banduye mu kwezi kwa mbere ugereranyije n’ahandi hose Ebola yigeze kugaragara muri Afurika.
Mu minsi ishize ni bwo umunyamideli Zari Hassan, wamamaye nka The Boss Lady, yatangaje ko yatandukanye n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya nyuma y’imyaka itanu bari bamaranye.