Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Umunyamabanga w’Akarere ka Rwamagana yahagaritswe
{Inama Njyanama y’akarere ka Rwamagana yateranye kuwa gatandatu mu nama idasanzwe yahagaritse ku kazi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ako karere Mushaija Geoffrey mu gihe cy’amezi atatu kubera kutuzuza inshingano ze zirimo kudatanga raporo y’amarushanwa ku miyoborere myiza.} Aya ni amarushanwa yari yateguwe n’urwego rw’umuvunyi bituma akarere kaza ku mwanya wa nyuma mu gihugu mu turere 30 tugize […]
Muri 2012 imihigo yahizwe yose igomba kugerwaho
{Ibyo ni bimwe mu byagaragajwe na Mufuruke Fred ushinzwe imiyoborere n’imikorere y’inzego z’ibanze muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) kuwa gatanu ubwo bari mu gikorwa cyo kureba ibimaze gukorwa mu mihigo y’Akarere ka Nyarugenge muri aya mezi atandatu ashize.} Mufuluke akaba yavuze ko bizera ko muri uyu mwaka Akarere ka mbere kazaba gafite amanota ijana kuko […]
Nzakomeza gusobanura kandi abantu ntibakabifate nko kwivuguruza-Fidele Ndayisaba
{Bamwe batekereza ko kuba hari icyemezo gifashwe n’Umujyi wa Kigali uyu munsi, ejo kigahinduka ari ukwivuguruza; ibi ariko siko Fidèle Ndayisaba uwuyobora abibona.} Mu kiganiro cyihariye yagiranye n’Umunyamakuru wa IGIHE.com Ruzindana RUGASA, Fidèle Ndayisaba yatangaje ko bikorwa ku nyungu z’abaturage; yashimangiye kandi ko azakomeza gusobanurira abatuye Umujyi wa Kigali ibintu byose bizaba bitumvikanye neza, ndetse […]
Iperereza ku ihanuka ry’indege ya Habyarimana rizamurikwa kuwa Kabiri
{Kuwa Kabiri tariki 10 Mutarama 2012 nibwo umucamanza Marc Trévidic n’abagize itsinda ry’impuguke yifashishije bazatangaza ku mugaragaro ibimenyetso byavuye mu iperereza bakoze ku ihanurwa ry’indege yari itwaye Juvénal Habyarimana tariki 6 Mata 1994. } Ibyo bimenyetso bizatangazwa nyuma y’uko muri Mata 2010 abacamanza bashinzwe kurwanya iterabwoba Marc Trévidic na Nathalie Poux bari barashyizeho itsinda ry’impuguke […]
Ibitabo by’amadolari 1000 byahawe Isaro Foundation
{Ibitabo 100 bihwanye n’agaciro k’amadolari 1000 ni ukuvuga amafaranga angana n’ibihumbi 600 by’amafaranga y ‘u Rwanda niyo nkunga umwanditsi akaba n’umusizi Jean de Dieu Nsanzabera yageneye umuryango utegamiye kuri leta wa Isaro.} Iyi nkunga umwanditsi Nsanzabera yayishyikirije uyu muryango kuri uyu wa 7 Mutarama 2012 i Remera ku cyicaro cy’agateganyo cy’uyu muryango. Mu kiganiro umwanditsi […]
Urugendo rwa Bashir muri Libiya rwamaganiwe kure
{Perezida wa Sudan, Omar Hassan al-Bashir ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha kubera ibyaha bya Jenoside yageze muri Libiya kuwa gatandatu aho imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu itabyishimiye.} Urukiko rw’i La Haye ruvuga ko Bashir akurikiranyweho ubyaha byo gutegura Jenoside muri Darfur akaba yarahuye i Tripoli n’umukuru w’akanama kayobora Libiya, Mustafa Abdul Jalil nk’uko utarashatse ko izina […]
Ibitaro bya Rutongo bidindijwe no kubura aho byagukira
{Umuyobozi w’akarere ka Rulindo Kangwagye Justus, avuga ko ibitaro bya Rutondo bidafite aho byagukira, bikaba bituma abashoramari bifuza kubyagura batabona uko babigeraho, bikadindiza iterambere ry’urwego rw’ubuvuzi mu karere.} Uretse kuba ibi bitaro bishaje cyane kuko byubatswe mu 1930, Kangwagye avuga kandi ko biri ku ruhande ku buryo bitorohera abatuye Rulindo kubigeraho ku buryo bworoshye, maze […]
Amakara n’ibindi bicanwa bisigaye bibona umugabo bigasiba undi
Bamwe mu baturage bo mu mujyi wa Kigali barinubira izamuka ry’ibicanwa. Ibiciro by’ibicanwa, cyane cyane amakara, bikomeje kuzamuka cyane, biturutse ku ngamba zafashwe zo kubuza abaturage gutema amashyamba batwika amakara, mu rwego rwo kurinda ibidukikije. Ibyo bikaba biteye ikibazo abaturage bo mu mujyi wa Kigali ndetse n’abo mu Ntara. Bamwe mu bacuruza amakara baganiriye na […]
Beyoncé yabyaye umukobwa abazwe!
{Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 7 Mutarama 2012, umuhanzikazi Beyoncé yabyaye umwana w’umukobwa m mu bitaro bya St. Luke’s Roosevelt i New York. } Uyu mwana yiswe Ivy Blue Carter aho kuba [Tiana May Carter ->http://igihe.com/spip.php?article19894] ryari ryaravuzwe n’itangazamakuru nk’uko TMZ yabitangaje. Se w’uyu mwana Jay-Z (ubusanzwe witwa Shawn Carter), yari ari kumwe […]