Amarushanwa y’imiyoborere myiza azatwunganira muri byinshi
{Ukwezi kwiswe ukw’imiyoborere myiza, kuzajya kuba buri mwaka mu rwego rwo kurushaho gushimangira imiyoborere myiza mu Rwanda. Akarere ka Kamonyi gasanga ari ingenzi kuko kuzajya kunganira ibyagezweho.} Ni muri urwo rwego kuri uyu wa Gatanu mu Karere ka Kamonyi hatangijwe iki gikorwa gishimangira kandi kinashishikariza Abanyarwanda kugira uruhare mu bibakorerwa byose biciye mu marushanwa y’indirimbo […]