Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Ibyamamare bitahiriwe n’umwaka wa 2011
{Umwaka ushize wa 2011 hari ibyamamare utigeze usiga amahoro, ku buryo nta mahirwe kugeza ubwo bimwe muri byo byahatakarije ubuzima.} {{1. Umuryango wa Col. Mouammar Kadhafi}} Uyu muryango ntiwigeze uhirwa n’umwaka wa 2011, kuko nyuma y’imyaka 42 ari ku butegetsi bw’igihugu cya Libya umukuru w’uyu muryango Mouammar Kadhafi umwaka wa 2011 wasize umwivuganye dore ko […]
Biography
{Amazina yanjye nyakuri nitwa Victoire Ngarambe. Ndi umuhanzi uririmba injyana zose nibanda kuri Afrobeat, R&B, Classic Music, Slow Reggae n’izindi. Namenyekanye cyane mu bihangano nka “Amafaranga”, “Marita” naririmbanye na Kamichi, “Juu ya Nini Apana Mimi”, “Fiesta”, “Mpa Ijambo”, “Babwire”, “Mbwiza Ukuri” n’izindi.} Uretse kuba ndirimba ndi umucuranzi wa gitari, imwe mu nkingi zanjye mu buhanzi. […]
Ibitero bya FDLR byongeye kubura i Walikale
{Kuwa Kane tariki 5 Mutarama 2011, imirwano ikaze yongeye kuba hagati y’inyeshyamba za FDLR n’ingabo zishinzwe ubwirinzi bw’abaturage(FDC), mu mudugudu wa Ntoto uri mu gace ka Walikale ahou bu abaturage bari kuva mu byabo.} Nk’uko byatangajwe na Radio Okapi ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu ma saa kumi n’imwe z’igitondo, nibwo inyeshyamba za […]
Ese birakwiye ko u Bwongereza buhagarikira u Rwanda inkunga?
{Abadepite mu Nteko ishinga amategeko y’u Bwongereza barasaba ko icyo gihugu cyagabanya byaba na ngombwa kigahagarikira inkunga ibihugu bimwe na bimwe, harimo n’u Rwanda. Impamvu abo badepite batanga zihabanye n’ibyo basanzwe bategeka (recommendations) ibihugu bigenerwa inkunga, kuko uretse kuba yakoreshwa neza, hongewemo no gusabwa ibijyanye n’ubutegetsi n’imiyoborere.} Nk’uko biri mu cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara n’Akanama gashinzwe […]
Gucuruza urwagwa bimuha miliyoni 147 ku kwezi
{Rwiyemezamirimo Mutabaruka wo mu karere ka Rwamagana avuga ko yahereye ku mafaranga y’u Rwanda 80,000 acuruza urwagwa ubu akaba abona inyungu ingana na 147,000,000 mu kwezi kumwe.} Usibye iyo nyungu Mutabaruka yahaye akazi abantu bahembwa amafaranga 1300 ku munsi. U Rwanda rwihaye intumbero yo kugera mu 2020 nta munyarwanda ugisindagizwa. Ni muri urwo rwego Minisiteri […]
Igitero cyahitanye abantu 6 bari gusenga
{Mu gihugu cya Nigeria kuwa kane inyeshyamba zo mu mutwe wa Boko Haram zishe abantu batandatu bari mu rusengero ryo mu mujyi wa Gombe mu majyaruguru.} Ubu bwicabyi bwahitanye abantu 6 bari mu rusengero bukurikiye ukutumvikana hagati y’abakirisitu n’abasiramu muri icyo gise; aho abasiramu basaba abakirisitu kuva muri icyo gice. Umupasitori w’urwo rusengero John Jauro […]
Inkeragutabara mu kwita ku ishyamba rya Gishwati
{Ingabo z’igihugu zibumbiye mu mutwe w’inkeragutabara, kuwa Gatanu zatangije igikorwa cyo gutera ibiti ku misozi yahozeho ishyamba rya Gishwati mu Karere ka Nyabihu.} Iki gikorwa cyari kitabiriwe n’abayobozi bayobowe na Ministiri w’umutungo kamere, Stanislas Kamanzi na Minisitiri w’ingabo Gen. Kabarebe James. Mu ijambo yagejeje ku baturage b’akarere ka Nyabihu, Ministiri Kabarebe yashimiye abaturage ku bw’umurava […]
Abahanzi bifuza gufashwa kurinda ibihangano byabo
{Muhire Patrick, umuhanzi w’umunyarwanda mu bijyanye n’imideri ndetse n’ubugeni avuga ko batewe inkeke no kuba bahimba ibihangano byabo bwacya basanga abandi byabyiganye kandi batabibahereye uburenganzira.} Muhire amaze hafi imyaka ine yambika abari n’abategarugori aho yahimbye imideri myinshi iakaba asaba ko ubuhanzi bakora bwarindwa. Ubwo twamusuraga aho akorera i Gikondo, twaganiye atubwira ko ariwe wafashe iya […]
Nshimiyimana Eric yabaye umutoza w’Isonga FC
{Kuwa Gatanu nibwo ibiganiro hagati y’ubuyobozi bw’ikipe y’Isonga FC igizwe n’abakinnyi bakiniye u Rwanda mu mikino ya nyuma y’ igikombe cy’isi n’umutoza Eric Nshimiyimana birangiye bemeranyije ko ayibera umutoza mukuru.} Mu kiganiro IGIHE.com yagiranye n’umutoza Eric Nshimiyimana ubwo twari tumusanze ku kibuga cya FERWAFA ari gukurikirana imyitozo y’Isonga FC, Nshimiyimana yadutangarije ko ibiganiro bagiranaga n’ubuyobozi […]