Isuku y’ibyuma bibuganizwamo amata irakemagwa
{Amata ni ikinyobwa gikwiye isuku ihagije, kuko gifite intungamubiri zifitiye umubiri akamaro, ariko bikaba bigaragara ko hamwe na hamwe hacururizwa ayo mata hanugwanugwa isuku nke.} Abaturage baganiriye na IGIHE.com, bavuze ko icyo kibazo koko kigaragara hamwe na hamwe hacururizwa amata ariko by’umwihariko mu byuma bisukwamo amata, ngo bitozwa neza, iyo amata yaraye asukirwaho andi bityo […]