Indaya n’inzererezi bateje ibitaro bya Muhima igihombo cya miliyoni 5
{Abavugwaho guhombya ibitaro bya Muhima amafaranga angana na miliyoni 5 z’u Rwanda mu mwaka ushize wa 2011 ni abantu batagira ubwishingizi bwo kwivuza (Mutuelle de santé).} Ibyo twabitangarijwe n’umugenzuzi w’imari mu bitaro bya Muhima Rugubira Gad, wavuze ko no mu mwaka wa 2010 bahombye amafaranga angana na miliyoni 7 bitewe n’abantu batagira ubwishingizi bwo kwivuza […]