Kidumu yiyemeje gutangira umwaka asangira n’abakunzi be
{Nyuma y’igitaramo ateganya gukora mu ijoro ryo gusoza umwaka no gutangira undi, umuhanzi Kidumu arateganya gukorera ikindi gitaramo muri Michael’s Club (Remera), aho ateganya gusangira n’abakunzi be ifunguro mucyo yise ’VIP Dinner with Kidumu’.} Iki gitaramo kiri mu bitaramo bitamenyerewe hano mu Rwanda kizaba ku Cyumweru tariki ya 01 Mutarama 2012. Uyu muhanzi uteganya gususurutsa […]