Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Umugati wa hamburger waba wangiza ubwonko bikomeye
{Byari bisanzwe bizwi ko kurya imigati bita hamburger, amafiriti, cyangwa pizza bikungahaye kuri aside bitera umubyibuho ariko abashakashatsi b’Abanyamerika batangiye gusanisha uyu mugati wa hambourger n’indwara yitwa ‘Alzheimer’ (soma arizeyimeri) y’uburwayi bwo mu mutwe kuko abafata amafunguro arimo ino aside bagira ikibazo ku mikorere y’ubwonko. } Inyigo yatangajwe mu kinyamakuru kitwa Neurology Journal kibanze ku […]
Polisi y’igihugu irishimira uko umwaka wa 2012 watangiye mu mutekano
{Bisanzwe bizwi ko mu mpera za buri mwaka haba ibibazo bitandukanye by’umutekano ariko ubu Polisi y’igihugu iratangaza ko nta byaha bidasanzwe cyangwa impanuka zikanganye byabaye muri iyi minsi mikuru ugereranyije n’imyaka yashize.} Mu bihe bya Noheli n’Ubunani habaye impanuka 8 zaguyemo abantu 3, mu gihe ku munsi wa nyuma wa 2011 habaye impanuka 3 mu […]
Iterambere rishobora kuzamira umuco
{Ubu ntibicyoroshye kumenya uko Umunyarwanda w’icyitegererezo yagakwiye kwitwara, ahanini bigendeye ku myitwarire mu bandi; imivugire, imigendere, imyambarire, ndetse no kuri buri kimwe cyose kiranga imibereho ya buri munsi y’Umunyarwanda kuri ubu yaba utuye mu Rwanda cyangwa se no hanze yarwo.} Ubu umuco mwiza ugezweho ni uw’amabogari (beau gars) ndetse n’abasitari n’abasitarikazi. Ahanini bitewe na za […]
Afghanistan : Yashahuye sebukwe washakaga kumufata ku ngufu
{Umutegarugori wo muri Afghanistan yaciye igitsina cya sebukwe akoresheje icyuma, ubwo uyu yageregezaga kumufata ku ngufu kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Ukuboza 2011.} Umuganga wo mu bitaro byo mu ntara ya Ghazni yatangarije AFP dukesha iyi nkuru uko byagenze, ati : “Umugabo we ntiyari mu rugo. Ubwo sebukwe yageragezaga kumukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato, […]
Autriche: Umugore yikoze mu nda nawe ahita yiyahura
{Muri iki cyumweru, umugore w’imyaka 42 y’amavuko ukomoka wo mujyi wa Viennce ho mu gihugu cya Autriche yishe umwana we w’imyaka 10 maze nawe ahita yiyica.} Urubuga rwa interineti 20 minutes dukesha iyi nkuru rutangaza ko uyu mugore yiyiciye umwana we w’umukobwa akoresheje imbuda umugabo we akoresha mu kazi maze nawe agahita yiyahura. Abakoze iperereza […]
2012: Hirya no hino ku isi byari ibicika
{Mu mico itandukanye, mu buryo bwa buri baturage mu kwidagadura no kwishimisha, isi yose yizihije umwaka mushya wa 2012 nk’uko aya mafoto IGIHE.com twabakusanyirije abigaragaza. Igihugu cya Australiya nicyo cya mbere mu kwizihiza umwaka mushya ukurikije uko igenabihe ribigena. Aya mafoto agaragaza ko ibihugu byinshi mu kwizihiza umwaka mushya byagiye byibanda mu kwerekana imico yabyo.} […]
60 batawe muri yombi ubwo bamaganaga Poutine
{Polisi y’u Burusiya yataye muri yombi kuri uyu wa abantu barenga 60 ubwo bageragezaga gukora imyigaragambyo yo kwamagana Ministiri w’intebe w’ u Burusiya Vladmir Poutine uri kwiyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu.} Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko polisi yafashe abantu 200 bari bateraniye ku kibuga cya Trioumfalnaiam basakuza bati : »Poutine agomba kugenda!…. murekure imfugwa […]
Ibintu 7 biranga umunyamwuka w’ukuri
{Kuba mu mwuka n’ijambo rikunzwe gukoreshwa n’amatsinda atandukanye y’abakristu bamwe bavuga ko umuntu uri mu mwuka ahora arangwa no kuvuga ku ijambo ry’Imana ndetse akitwararika igihe cyose, cyangwa akarangwa no gusenga cyane kuruta abandi.} Ntawahakana ko kumaramaza mu gusenga no guhimbaza Imana ari bimwe mu bimenyetso bishobora kuranga umuntu w’umunyamwuka ariko ni ngombwa ko dusobanukirwa […]