Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Ntibifurizanya umwaka ‘‘mushya’’ bifurizanya ‘‘mwiza’’ cyangwa ‘‘muhire’’
{Buri gihe uko umwaka ushize undi ugataha niko abantu bifurizanya ibihe byiza byo gusoza umwaka no gutangira undi neza. Mu mvugo zikoreshwa ariko, « umwaka mushya” nta gisobanuro nyifurizo igira.} Iyo umuntu agize ati « Umwaka mushya » bisa no gusubiramo cyangwa kwibutsa ko umwaka washojwe hatangiye undi. Kubwira umuntu ngo « umwaka mushya » […]
Basabwe kutinezeza mu kwifatanya n’abashonje
{Mu gihugu cya Burkina Faso muri iki gihe cy’iminsi mikuru hatanzwe amabwiriza y’uko abantu badakwiye kunywa ibindisha binezeza kuko mu gihugu hari abakennye badafite n’ifunguro.} Iri bwirizwa ryatanzwe mu gihe mu mpera z’umwaka hakunze kubaho ibikorwa bitandukanye byo kwishimisha, byatangajwe na Minisitiri w’imari Marie Noel Bembemba; ngo ni icyemezo cyafashwe mu rwego rwo kwifatanya n’abakene […]
Cécile Kayirebwa yashyizeho uburyo bwo kubona album ze 6 icyarimwe
{Mu rwego rwo kwifuriza abakunzi be iminsi mikuru y’ugutangira umwaka mushya, umuhanzi nyarwanda [Cecile Kayirebwa->http://igihe.com/spip.php?rubrique194] uba mu Bubiligi yashyize ahagaragara album esheshatu. Ibi abitangaje ngo abari barabuze aho bakura indirimbo ze babashe nibura kuzibona cyangwa se n’abazibonaga ku makasete gusa nabo babashe kuba bazigeraho hakoreshejwe uburyo bwa intenet ndetse banitungire iz’umwimerere (orginal) ziri ku ma […]
Gatsata: Hazubakwa igaraje izatwara miliyari 6
{Nyuma yaho hafashwe icyemezo cyo kwimura igaraje(garage) y’imodoka 12 ziherereye mu murenge wa Gatsata, ubu Koperative Icyerekezo igiye kubaka garaje izatwara amafaranga y’u Rwanda miliyari 6.} Buhinja Moses ashinzwe umutungo muri Koperative Icyerekezo yatangarije IGIHE.com ko mu rwego rwo kujyana n’igihe tugezemo, abanyamuryango 100 b’iyi koperative bishyize hamwe bakaziyubakira igaraje izaba ifite inyubako 3 z’imiturirwa […]
Ni ubuhe buryo umwana arengerwa binyuze mu mategeko?
{Kuba bikenerwa ko umwana arengerwa ni uko hari byinshi bigaragaza ko atabasha kwirengera. Havugwa irengera cyangwa irengerwa kubera ko hariho uburenganzira. Mu mategeko ijambo “Uburenganzira rivuga ibyo umuntu yemerewe birebana n’ubuzima bwe, imibereho ye mu muryango, umutungo, imibanire ye n’abandi n’igihugu atuyemo cyangwa avukamo.”} {{Umwana urengerwa ni nde?}} Umwana urengerwa ni umuntu wese utaruzuza imyaka […]