Inama nkuru y’igihugu y’abana itegurwa ite?
{Iyo havuzwe inama nkuru z’igihugu, hari abashobora gukeka ko ziterana bakaganira cyangwa se bakiga kubyo basanze, bitabaye ngombwa ko hagira ibitegurwa mbere bizavugwaho. Ariko siko bimeze, buri nama igira izindi nama ziyiteguza, zikanayitegura. Ni nako bimeze ku nama nkuru y’igihugu y’abana, nayo igira uko itegurwa n’ibikorwa mbere y’uiko iba}. Mu kiganiro n’Umujyanama wa Minisitiri w’Uburinganire […]