Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Sobanukirwa n’indwara y’umuvuduko ukabije w’amaraso
{Kugira umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension) ni indwara ikunze gufata abantu ku kigereranyo kiri hejuru cyane cyane ku bantu bakuze bikaba biri ku kigereranyo cya kimwe cya kane ku bantu bakuze.} Iyi ndwara ikaba ishobora gutera ibibazo bikomeye by’umutima, impyiko ndetse n’ibibazo mu bwonko nyamara abahanga batangaza ko kuyirinda bishoboka n’ubwo akenshi ibimenyetso byayo bidakunze gupfa […]
Muri 2012 hitezwe impinduka mu batoza ba ruhago mu Rwanda
{Umwaka wa 2011 warangiye nabi ku batoza bamwe mu Rwanda kubera ko batatangaga umusaruro kubera impamvu zitandukanye, bikaba bigaragara ko bamwe bishobora kubagiraho ingaruka mu gihe nta mpinduka zibaye muri 2012.} Abo batoza bakaba ari abo mu makipe akurikira APR FC, Rayon Sport FC, Nyanza FC, Espoir FC, AS Kigali mu gihe uwa La Jeunesse […]
Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda abana bazagishwa inama ku bukungu bw’igihugu
{Mu iterambere rya buri gihugu inzego zinyuranye zibigiramo uruhare, n’abaturage bacyo bakagishwa inama ku bigomba gufatirwa ingamba. Ntibisanzwe ko abana bato bagishwa inama ku ifatwa ry’ingamba z’ingutu nk’umutekano, politiki, ubukungu, iterambere no guhashya ubukene. Mu Rwanda ho, kandi bwa mbere mu mateka yarwo, abana bagiye kugishwa inama ku ngamba mbaturabukungu, mu nama y’igihugu yabo iterana […]
Udusakoshi tw’abagore twaba dusigaye twifashishwa mu gucuruza urumogi
{Ibyo ni ibyagarutsweho n’umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge kuwa Gatanu tariki 30 Ukuboza 2011, ubwo Umujyi wa Kigali wasozaga icyumweru cyitiriwe urubyiruko. Iki gikorwa cyabereye kuri Stade Régional i Nyamirambo, kikaba cyari kitabiriwe n’amashyirahamwe atandukanye y’urubyiruko rwo mu mujyi wa Kigali.} Urubyiruko rwibumbiye mu mashyirahamwe n’amakoperative atandukanye rwari rwitwaje ibitambaro bigaragaza ibikorwa bakora ndetse n’intego zabo […]
Inama y’Igihugu y’Abana igiye guterana ku nshuro ya 7
{Nk’uko bisanzwe mu muco w’Abanyarwanda guhura no kuganira hakabaho gusangira ibitekerezo no kungurana inama, ndetse ahakenewe umuti ukavugutirwa bose ku gipimo gikwiye kandi cy’ingirakamaro, abana bato bo “mizero y’ahazaza h’igihugu” ntibibagiranye. Ni muri urwo rwego ku nshuro ya karindwi Inama y’igihugu y’abana igiye guterana muri uku kwezi kwa Mutarama 2012.} Inama y’Igihugu y’Abana yuzuzanya n’izindi […]
RDC : Umunani bapfuye, 44 barakomereka bashaka gutoroka uburoko
{Kuri iki Cyumweru tariki ya Mbere Mutarama 2012, mu mujyi wa Bukavu wo mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hapfuye abantu umunani abandi 44 bakomerekera mu gikorwa cyo gushaka gutorokesha abagororwa.} Gaston Luzembo, umuyobozi wa polisi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo iherereyemo gereza nkuru ya Bukavu avuga ko nyirabayazana w’ibyo byago ari imfungwa […]
Rabagirana Worship Band yateguye igitaramo cyo gutangiza umwaka wa 2012
{Rabagirana Worship Band ni itsinda ry’urubyiruko ruva mu masengero atandukanye yo mujyi wa Kigali, aho bakora kuramya no guhimbaza hamwe n’ibikorwa by’urukundo basura abarwayi n’abatishoboye, bakabafasha, bakababwiriza ubutumwa bwiza bwa Kristo. } Nk’uko twabitangarije n’umuyobozi wabo David Habimana, bateguye igitaramo cyo kuramya Imana no kuyihimbaza aho abantu bazatangira uyu mwaka baramya Imana, baragiza Imana uyu […]