Itandukaniro ry’imyigishirize y’ibinyoma n’iy’ukuri
{Iminsi tugezemo ni iminsi bimwe mu bimenyetso byahanuwe byerekana iminsi ya nyuma birimo kugenda bisohora, ku bwabyo ntabwo umuntu yashidikanya ko turimo gusatira imperuka, muri ibyo byahanuwe rero harimo n’inyigisho z’ibinyoma akaba ari nayo mpamvu dukwiye kumenya itandukaniro z’inyigisho z’ukuri n’iz’ibinyoma bibiliya ivuga.} Iyo usomye ijambo ry’Imana muri “1 Yohana 4: 1” Handitse ngo “Bakundwa […]