Imirambo 15 y’abimukira yasanzwe ku nkombe Libya
Inzego zitandukanye z’umutekano zatangaje ko imirambo y’abimukira nibura 15, barimo n’umwana w’umukobwa, yabonetse ku nkombe z’inyanja ya Méditerranée mu burasirazuba bwa Libya mu cyumweru gishize.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Inzego zitandukanye z’umutekano zatangaje ko imirambo y’abimukira nibura 15, barimo n’umwana w’umukobwa, yabonetse ku nkombe z’inyanja ya Méditerranée mu burasirazuba bwa Libya mu cyumweru gishize.
Harry Maguire utarahamagawe mu Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yarikoroje nyuma y’uko agaragaye mu mihanda y’i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ari gucuruza ibirango by’Igikombe cy’Isi cya 2026.
Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste, yavuze ko imyaka itandatu amaze ku butegetsi yari ari ku ishuri ryo kwiga uko bateza imbere igihugu, ubu akaba ari bwo akibimenya.
Abagize Urugaga rw’Abagenagaciro b’umwuga mu Rwanda, IRPV, basabwe kugira uruhare mu kurwanya ingengabitekerezo y’urwango no gutanga umusanzu mu kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda bifashisha imbuga nkoranyambaga.
Perezida Donald Trump yerekanye indege yo mu bwoko bwa Boeing 747-8 yavuguruwe, igenewe kwinjizwa mu itsinda ry’indege za Air Force One, zisanzwe zikoreshwa mu gutwara Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Minisiteri y’Ubuzima muri Liban yatangaje ko ibitero bya Israel bimaze guhitana abantu nibura 4.057 kuva ku wa 2 Werurwe, mu gihe abandi 12.121 bakomeretse. Ni imibare mishya igaragaza uburemere bw’intambara n’umutekano muke bikomeje kwibasira iki gihugu, cyane cyane mu majyepfo yacyo.
APR FC yasinyishije rutahizamu w’Umunya-Côte d’Ivoire, Amani Kouadiokan Michel Breygeneve, aba umunyamahanga wa mbere utangajwe n’iyi kipe muri iyi mpeshyi.
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, yihanangirije ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi ku mugambi wo guhindura Itegeko Nshinga ryo ku wa 18 Gashyantare 2006, ivuga ko byaba ari ugusenya amahame shingiro yubakiyeho Repubulika.
Igitabo gishya cyanditswe n’abanyamakuru ba The New York Times, Maggie Haberman na Jonathan Swan, kizashyirwa hanze vuba, cyashyize ahagaragara amabanga yihariye y’ubuzima bwa Donald Trump n’imiyoborere ye mu gihe cya manda ye ya mbere muri White House.
Mu gihe mu myaka yashize guhura n’umuntu mu kabari, mukanywa, bikarangira habaye imibonano y’ijoro rimwe byafatwaga nk’ibisanzwe mu buzima bw’urubyiruko, ubu ibintu biri guhinduka.