Abahitanywe na Ebola bageze kuri 247
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko umubare w’abanduye Ebola wiyongereye ugera ku bantu 956, mu gihe abamaze guhitanwa n’iki cyorezo bageze kuri 247.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko umubare w’abanduye Ebola wiyongereye ugera ku bantu 956, mu gihe abamaze guhitanwa n’iki cyorezo bageze kuri 247.
Imikino ya nyuma y’irushanwa ry’Umurenge Kagame Cup 2026 yatangiye gukinirwa mu Karere ka Bugesera, ndetse Ikipe y’Umurenge wa Mbazi ikinamo umunyabigwi w’Amavubi, Ndoli Jean Claude, yasezerewe ku mwanya wa gatatu itsinzwe n’Umurenge wa Rubengera.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko nta imisoro yo kunyura mu nzira ya Hormuz izishyuzwa ubwato n’ibicuruzwa bihanyura mu minsi 60 y’agahenge Amerika yemeranyijeho na Iran.
Ronaldo de Assis Moreira w’imyaka 46 wamenyekanye mu mupira w’amaguru nka Ronaldinho Gaúcho, agiye gusubira mu mupira w’amaguru nk’umushoramari, ariko ateganya kongera gukina umukino umwe nk’uwabigize umwuga.
Ihuriro ry’Amabanki akorera mu Rwanda (Rwanda Bankers’ Association, RBA) ryatangije urubuga rw’ikoranabuhanga ruzajya rwigisha abakora mu rwego rw’imari ibijyanye n’ubukungu burengera ibidukikije.
Ikipe y’Igihugu ya Sénégal ni imwe mu makipe yo muri Afurika ahanzwe amaso mu Gikombe cy’Isi cya 2026, ariko abakinnyi n’abatoza bayo babayeho nabi kugeza ubwo buri wese yitumiriza ibiryo arya hanze y’aho bacumbitse.
Umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Begoña Gómez, yategetswe kujya yitaba urukiko mu gihe akurikiranyweho ibyaha bya ruswa ndetse abuzwa kuva mu gihugu.
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwaburanishirije mu ruhame abaturage babiri bo mu Karere ka Kayonza baguwe gitumo batetse kanyanga, ruhita runabakatira aho umwe yakatiwe gufungwa imyaka 3,6, undi akatirwa gufungwa imyaka irindwi.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yigeze kuba inshuti y’umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa CRP/FRP, Thomas Lubanga Dyilo, bahujwe n’umugambi wo kugarura amahoro mu Ntara ya Ituri ariko batandukana mu buryo bwatunguranye cyane.
Umuryango utari uwa Leta, ActionAid Rwanda wibutse abahoze ari abakozi ba Aide et Action bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubifatanya no kuremera abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye, mu rwego rwo kubasindagiza.