Sindi Paul Jesus na Muhawenayo Gad berekeje muri Marine FC
Sindi Paul Jesus wasatiraga izamu anyuze mu mpande muri Rayon Sports n’umunyezamu Muhawenayo Gad wakinaga muri Gorilla FC berekeje muri Marine.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Sindi Paul Jesus wasatiraga izamu anyuze mu mpande muri Rayon Sports n’umunyezamu Muhawenayo Gad wakinaga muri Gorilla FC berekeje muri Marine.
Uwahoze ari Minisitiri w’Ingufu muri Nigeria na Perezida w’umuryango w’ibihugu byohereza ibikomoka kuri peteroli mu mahanga (OPEC), Diezani Alison-Madueke, yavuze ko inzego z’ubutabera z’u Bwongereza zamusebeje ubwo zamukoragaho iperereza ku byaha bya ruswa.
Abantu bajya muri restaurant cyangwa hoteli, bakunze kubona ameza ateguye mu buryo butandukanye aho rimwe haba hariho amasahane, ibyuma byo ku meza, amakanya n’ibiyiko byinshi, ntumenye ngo urakoresha ibihe ureke ibihe.
The Ben ugiye gutaramira i Nyagatare mu gitaramo cya ‘Summer Country Tour’ yakoranye umuganda n’urubyiruko rw’abakorerabushake bo muri aka karere.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira Thierry, yatangaje ko ibyaha biregwa Ujekuvuka Emmanuel wamenyekanye nka Marchal Ujeku atabikoreye mu Mujyi wa Kigali gusa ahubwo ko yabikoreye no mu Karere ka Bugesera, aho bakiriye ibirego bijyanye n’ubutaka bifite agaciro ka miliyoni 144 Frw.
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ibimenyetso bikomeye by’uko mu gihe icyorezo cya Marburg cyari cyugarije u Rwanda mu 2024, hari abagore banduye iyi virusi nyuma yo gukorana imibonano mpuzabitsina idakingiye n’abagabo bari barayirwaye bakayikira.
Abahanzi umunani bazasusurutsa abazitabira ibitaramo bya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026” batangiriye urugendo rwabo i Huye, aho bataramiye abakunzi babo mu gitaramo cyari cyatumiwemo Nemeye Platini ‘Platini P’ wegukanye ‘Primus Guma Guma Super Star’ mu 2017.
Abashakashatsi bo mu kigo cyitwa Nipsea Group bakoze irangi rishya ry’umukara wihariye rigenewe imodoka, rifite ubushobozi bwo kuburizamo urumuri hafi ya rwose ku gipimo cya 99,9%.
Nyuma yo kugira umwaka mwiza w’imikino wa 2025/26 muri Gicumbi FC, Bisengimana Justin, yagizwe Umutoza Mukuru wa AS Kigali asimbura Mbarushimana Shaban.
Muri iki gihe cy’izuba, gukoresha sunscreen cyangwa amavuta arinda uruhu izuba ni kimwe mu bintu by’ingenzi mu kwita ku ruhu. Icyakora hari benshi babyirengagiza, cyane cyane kubera ko zimwe muri zo zisiga umwera ku ruhu, zifatana n’amavuta cyangwa zigatuma uruhu ruhinduka mu buryo butabanyuze.