Rayon Sports igiye gutandukana na Bakame na Lomami
Rayon Sports igiye gutandukana na Lomami Marcel wari Umutoza wa Mbere Wungirije, ndetse Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ watozaga abanyezamu, ajyanwe mu ikipe y’abato.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Rayon Sports igiye gutandukana na Lomami Marcel wari Umutoza wa Mbere Wungirije, ndetse Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ watozaga abanyezamu, ajyanwe mu ikipe y’abato.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ko asanga u Burusiya bukwiye gusubizwa mu ihuriro ry’ibihugu bikize ku Isi rizwi nka G8, avuga ko icyemezo cyo kubwirukana cyari ikosa rikomeye.
Wigeze ubona umuntu utajya azamura ijwi rye iyo ari gutongana? Wa muntu haba ikibazo abantu bose bakabura amahwemo, ariko we akaba atuje? Wa muntu utavuga amagambo menshi y’ubusa ahubwo akavuga make y’ingenzi? Uwo muntu aba afite imbaraga nyinshi kurusha uko abantu babitekereza.
Mukabutera Marie Chantal ni umubyeyi w’imyaka 55 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yavuze uko yabohojwe n’umwicanyi akamugira umugore wa kabiri ndetse n’uko umwana umwe muri babiri yari afite icyo gihe yamwambuwe akicwa, akaribwa n’imbwa.
Abana b’Abanyarwanda bafite impano yo gukina umupira w’amaguru bagiye kubona amahirwe abageza ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uko ishuri ry’umupira w’amaguru rya Tony Football Excellence Program ryinjiye mu bufatanye n’amakipe akomeye ya Benfica yo muri Portugal na Hapoel Hadera yo muri Israel.
Ishyaka Prosperity Party rya Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, ryegukanye imyanya 438 mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko.
Sir Keir Starmer wari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kuva muri Nyakanga 2024, yeguye nyuma y’iminsi yotswa igitutu n’abarimo abahoze bamushyigikiye.
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, Spyro yatangaje ko hari abahanzi bagenzi be bo muri Nigeria bakeneshejwe cyane no guhonga amafaranga yabo abagore bo muri Afurika y’Epfo.
Umuyobozi Mukuru w’ Inteko y’Umuco, Amb. Robert Masozera, yagaragaje ko ururimi rw’Ikinyarwanda rukwiriye kubungabungwa, akebura abaruvuga nabi ku bushake bibwira ko ari ubusirimu.
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kugeza ku wa 20 Kamena 2026, abo byemejwe ko banduye Ebola yo mu bwoko bwa Bundibugyo bageze ku 1003 barimo 254 bapfuye.