Trump yateguje Iran isomo rikomeye
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye guha Iran isomo rikomeye nyuma y’igitero Tehran yagabye ku ngabo zabo ziri muri Jordanie.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye guha Iran isomo rikomeye nyuma y’igitero Tehran yagabye ku ngabo zabo ziri muri Jordanie.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangaje ko buri gushaka ibisubizo byakwisungwa mu guhangana n’ikibazo cy’igiciro cya lisansi yifashishwa muri moteri zo kuhira kiri hejuru, ibituma abahinzi bahura n’ibihombo.
Umwuka mubi ushobora gututumba hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bufaransa, nyuma y’uko Paris yanenze Washington ku bijyanye n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu, Amerika ikabifata nabi.
Itsinda rya Urban Boyz ritegerejwe mu gitaramo cya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ kigomba kubera i Rubavu ku wa 1 Kanama 2026 ryatangaje ko kwiyunga kwaryo nyuma y’imyaka umunani kwaturutse ku kuba baritekerejeho bagasanga nta mpamvu yo gusaza batavuga rumwe.
Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare, RDRC, yatangaje ko yasubije muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Abanye-Congo 39 babeshye ko bahoze mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR.
Itsinda BTS ryo muri Koreya y’Epfo ryatangaje ko mu mwaka wa 2027 ritazatanga ibihangano byaryo mu bizahatanira ibihembo bya ‘Grammy Awards’ bifatwa nk’ibya mbere bikomeye mu muziki w’Isi.
Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi bashya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda barimo uwa Oman n’uwa Nouvelle-Zélande.
Ikipe y’u Rwanda y’Abahungu batarengeje imyaka 18 yegukanye igikombe cya “FIBA U-18 AfroBasket 2026 Zone V”, nyuma yo gutsinda Misiri yari yakiriye iri rushanwa ku mukino wa nyuma, amanota 62-58.
Umugaba w’Ingabo za Amerika zikorera Burasirazuba bwo Hagati, Admiral Brad Cooper, yaburiye abasirikare ko amashusho bafata kuri telefoni zigendanwa bakayashyira kuri internet ashobora gufasha Iran kumenya aho ibirindiro by’Abanyamerika biherereye no kubigabaho ibitero.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze umukino wa kabiri mu Itsinda C rya CECAFA Kagame Cup 2026 wayihuje na KVZ SC, isigarana imbere yayo Rayon Sports kugira ngo yizere gukomeza muri ½.