Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Urubyiruko rwaturutse muri Amerika rwateye ibiti birenga 5000
{Urubyiruko rw’abanyeshuri baturutse muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ruri mu ruzinduko mu Rwanda, rwifatanyije na bagenzi babo batera ibiti birenga 5000.} Uru rubyiruko ruri mu itsinda riharanira uburenganzira bwa muntu, rwateye ibiti birenga 5000 mu Karere ka Karongi mu ntara y’Uburengerazuba aho rwifatanyije n’urundi rubyiruko rwo mu Rwanda mu rwego rwo kurengera ibidukikije. Biteganyijwe kandi […]
Waba uzi impamvu dukwiriye gukura mu gakiza?
“Umugezi w’amazi utemba uva mu rusengero” (Ezekiyeri 47:1-12) Amazi ni ijambo ry’ Imana, urusengero ni umutima w’ umuntu iburasirazuba ni Yesu kuko niwe zuba ryo gukiranuka kwacu. Umwuka niwe ugera uko ijambo rikurira mu mutima w’ umuntu. Tugomba gukura kugeza ubwo tuzaba umugende ujyana amazi aho akenewe. Amazi agera mu bugombambari ni umuntu ufite ijambo […]
London : Babiri bahamwe n’icyaha cyo kwica umusore w’umwirabura
{Mu gihugu cy’u Bwongerza umucamanza yasabye igipolisi gushakisha abasigaye batarafatwa mu bishe umusore w’Umwongereza w’imyaka 18 witwaga Stephen Lawrence bamuziza kuba umwirabura mu mwaka w’1993.} Nkuko ikinyamakuru The Sun cyo kuri uyu kane cyabyanditse, umucamanza Justice Treacy yahamagariye igipolisi gushakisha n’aba bandi nyuma y’uko akatiye imyaka 15 y’igifungo uwitwa Gary Dobson w’imyaka 36 na 14 […]
Ingabo za Uganda zakumiriye ibikorwa bya Al Shabaab mu minsi mikuru
{Mu minsi mikuru isoza umwaka wa 2011, ingabo za Uganda zashoboye gukumira ibikorwa by’abarwanyi b’umutwe w’inyeshyamba za Al Shabaab.} Umuyobozi mukuru wa Polisi mu gihugu cya Uganda, Lt. Gen. Kale Kayihura yatangaje ko bamenye ko inyeshyamba za Al Shabab zinjiye mu gihugu cyabo mu bihe by’iminsi mikuru isoza umwaka bagamije kuza gukora ibikorwa by’iterabwoba, gusa […]
Riderman avuga ko abayeho nk’indaya mu ndirimbo “Amateka”
{Mu gusobanura amateka y’uko yatangiye n’uko yinjiye mu muziki, umuhanzi Riderman yashyize hanze indirimbo ndende y’iminota 10 n’amasegonda 42. Iyi ndirimbo Riderman yayise “Amateka” yayikorewe na Producer Davydenko usanzwe ukorera muri Studio F2K ndetse n’Ibisumizi.} Muri iyi ndirimbo, agaya cyane imibanire mibi irangwa muri bagenzi be b’abahanzi aho nta muntu ushobora gufasha mugenzi we nta […]
Umutoza wa Espoir FC yasezerewe
{Abayobozi b’ikipe ya Espoir FC yo mu karere ka Rusizi mu ntara y’Iburengerazuba bavuga ko uwari umutoza w’iyo kipe Hakizimana Gervais yasezerewe ku mirimo ye.} Batangaje ko imvano ya byose ari uko Hakizimana yatangaga umusaruro muke akaba aribyo byamuviriyemo guhagarikwa ku mirimo ye kuko iyi kipe yari iri ku mwanya wa kabiri uturutse hasi n’amanota […]
Abanyakigali batewe inkeke no guhera mu byuma bya ascenseurs/lifts
{Imiturirwa myinshi yo mu mujyi wa Kigali ibamo ibyuma bifasha abantu kuzamuka mu magorofa, ariko hari abahura n’ikibazo cyo guheramo kubera impamvu zitandukanye za tekinike.} Ahanini impamvu y’ibyo byuma bifasha abantu kuzamuka no kumanuka mu miturirwa ni uko byihuta kandi bikagabanya kuba umuntu yanyura ku ngazi (escaliers/upstairs) bityo akaba atatinda mu mayira cyangwa ngo ananirwe. […]
Abacuruzi ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku kibazo cyo gucururiza mu mihanda
{Bamwe mu bacuruzi bafatiwe icyemezo cyo kudakomeza gukorera mu mihanda kuko bakora ubucuruzi butemewe, ariko ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko barenga ku mabwiriza kandi ko batabiterwa n’ubukene nk’uko babivuga.} Ubu bucuruzi butemewe bukorerwa mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali by’umwihariko ahakunze kugendwa n’abantu benshi; ababukora bavuga ko baba bashaka imibereho kuko ari abakene batabasha […]
Indyo yafasha ubwonko bwawe gukora neza
{Kugira ngo ibyo ukora bikeneye gutekereza bigende neza ni uko ugaburira neza ubwonko bwawe. Hari amafunguro yafasha ubwenge bwawe bitewe na vitamini zigiye zirimo n’ibindi bifasha ubwonko gukora neza.} Amakuru dukesha urubuga rwa internet doctissimo.fr, avuga ko hari ubwoko 10 bw’amafunguro wafata agafasha ubwonko ndetse n’ubwenge bwawe gukora neza. {{1. }} Amafi afasha mu kubaka […]