Abasiririkare n’abapolisi b’u Rwanda boroje abaturage 900 b’Iburasirazuba
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije na Polisi y’u Rwanda bahaye inka n’ihene abaturage 916 bo mu mirenge itanu yo mu turere twa Kayonza na Kirehe.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije na Polisi y’u Rwanda bahaye inka n’ihene abaturage 916 bo mu mirenge itanu yo mu turere twa Kayonza na Kirehe.
Uwahoze ari rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Sugira Ernest, yafashije Ikipe ya Olympic FC kwegukana irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, ryasojwe mu Karere ka Kamonyi mu mpera z’icyumweru twasoje.
Umunyamategeko akaba n’umwe mu bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Martha Karua, yirukanywe muri Uganda nyuma y’amasaha afungiwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe i Kampala.
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye ku mugaragaro ko ku butaka bwayo hari impunzi n’abasaba ubuhungiro b’Abanyarwanda 196.289, muri bo 75.421 gusa bakaba ari bo banditswe hafashwe ibimenyetso ndangamiterere.
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yagaragaje ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, u Rwanda rwari rwasenyutse burundu ndetse amasomo yavuyemo arimo gutegura icyerekezo cy’ahazaza, kwishakamo ibisubizo no gukora ku buryo abaturage bagira uruhare mu iterambere ry’igihugu.
Ikipe ya APR FC yatandukanye na Ruboneka Bosco wananiwe kumvikana na yo ku masezerano mashya, inatandukana na Mugisha Gilbert kuko itari ikimufite muri gahunda zayo.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umunyemari Habimana Noël uherutse gupfa bigateza impaka, yapfuye azize urupfu rusanzwe nyuma y’uko hari abakekaga ko ashobora kuba yarishwe.
Inteko Nkuru y’Ishyaka PDI yemeje guhindura izina ryaryo, rikitwa Ishyaka ry’Abademokarate (Aba-Democrates) Intangarugero, aho kuba Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi.
Umuyobozi ukuriye abari mu biganiro na Amerika ku ruhande rwa Iran, Mohammad Ghalibaf, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye ziteguye gusubiza ibitero bya Amerika nyuma y’uko iki gihugu kigaragaje ko gishobora kwigarurira Umuhora wa Hormuz.
Kuri uyu wa Mbere, u Bushinwa bwatangaje ibihano byo guhagarika kohereza ibicuruzwa bihaturutse ku bigo 10 by’Abanyamerika bikora ibya gisirikare, mu rwego rwo kwihimura ku cyemezo Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziherutse gufata cyo guheza ku masoko ibigo bikomeye by’ikoranabuhanga byo mu Bushinwa.