Sosiyete 100 zicuruza ikawa n’icyayi zigiye guhurira mu imurika i Kigali
Mu Rwanda hagiye gutangira imurikagurisha Nyafurika ryahariwe ikawa n’icyayi ku nshuro ya kabiri, aho rizaba rigamije ubucuruzi ndetse n’amasoko mashya ku rwego mpuzamahanga.
WordPress Backend
Editorial Workspace
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Mu Rwanda hagiye gutangira imurikagurisha Nyafurika ryahariwe ikawa n’icyayi ku nshuro ya kabiri, aho rizaba rigamije ubucuruzi ndetse n’amasoko mashya ku rwego mpuzamahanga.
Umuyobozi mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) yatangaje ko abaganga 75 bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze kwandura Ebola kuva icyorezo cyatangira, aho 17 muri bo bamaze kwitaba Imana.
Abapolisi bakuru 38 bo mu bihugu 10 birimo n’u Rwanda basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda, NPC, riherereye i Musanze.
Perezida wa Rayon Sports, Murenzi abdallah, yatangaje ko iyi kipe yateye intambwe ya mbere yo gukemura ikibazo cy’imisoro ibereyemo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cy’asaga miliyoni 400 Frw, mu gukemura ibibazo by’imyenda irimo iri hafi ya miliyari 1 Frw.
Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa 19 kugeza ku wa 26 Kamena 2026, umuhanda Prince House-Cyamitsingi uri mu Mujyi wa Kigali urafungwa by’agateganyo kubera imirimo ibanziriza iyagurwa ryawo.
Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yagaye bikomeye Perezida Félix Tshisekedi wise Joseph Kabila imbwa.
Abatunze telefoni 140 zari zibwe bazisubijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), nyuma yo kugaruzwa no guta muri yombi bamwe mu bari bazibye. Izi telefoni zose zifite agaciro ka miliyoni 40 Frw.
Nyuma yo gutaramira mu Bubiligi akahagirira ibihe byiza, ku mugoroba wo ku wa 18 Kamena 2026 Israel Mbonyi aherekejwe n’itsinda rimufasha ku rubyiniro yaba abacuranzi n’abaririmbyi yageze mu Budage aho ategerejwe mu gitaramo agomba kuhakorera ku wa 20 Kamena 2026.
Myugariro wa Paris Saint-Germain n’Ikipe y’Igihugu ya Maroc, Achraf Hakimi, yavuze ko yiteguye gushyira ukuri kose hanze igihe azaba ageze imbere y’urukiko aburana ku byaha akekwaho by’ihohotera rishingiye ku gitsina.
Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyaruguru batangaje ko abagabo babo bata ingo bakajya gushaka abagore bishoboye bitewe n’amakimbirane mu miryango ashingiye ku bukene.